Ifoto igaragaza Stade National Amahoro ndetse n’agace kayegereye nko ku cyicaro Gikuru cy’Abahamya ba Yehova ndetse n’igice cya Kisimenti muri 2007Agace ka Remera Urebeye mu kirere ,ifoto yafatiwe muri Kacyiru hejuru ya KBC, irerekana ,iyahoze ari Hoteli Top Tower icyubakwa ,ahahoze iposita ndetse na KBC ya kera. yerekana kandi Ministeri y’Ingabo ndetse n’ibindi bigo bya Gisirikari biyikikije ndetse na icyicaro cya Rwanda Revenue Authority ndetse n’inyubako yari icyubakwa ya Ministeri y’ububanyi n’amahanga ari nayo Ministeri y’ubucuruzi ikoreramo. Iyi foto yerekana Ministeri y’Ingabo ndetse n’ibindi bigo bya Gisirikari biyikikije ndetse na icyicaro cya Rwanda Revenue Authority ndetse n’inyubako yari icyubakwa ya Ministeri y’ububanyi n’amahanga ari nayo Ministeri y’ubucuruzi ikoreramo. Agace kahoze kitwa mu Kiyovu cy’abakene ndetse kari kazwi nka Murindi Japan One Love cyangwa kwa Rasta Gatera ndetse naho bitaga “Cadellac , ibice bya Kimihurura yo hepfo hazwi nko mu Myembe ndetse n’igice cya Gikondo cyahozemo inganda Ifoto yafashwe hejuru ya Kimihurura aho bita ku Basereziyani yerekana neza igice kitwaga Kimihurura mu Kiminisitiri ,yerekana kandi Ministeri y’Ingabo ndetse n’ibindi bigo bya Gisirikari biyikikije ndetse na icyicaro cya Rwanda Revenue Authority ndetse n’inyubako yari icyubakwa ya Ministeri y’ububanyi n’amahanga ari nayo Ministeri y’ubucuruzi ikoreramo. Amasangano y’imihanda hazwi nka KBC ubwo Kigali Convention Center na Kigali Heights zari zitaratekerezwa no kuhubwaka.inyubako yarizwi cyane hahabarizwaga ni Iposita y’urwanda Urebeye mu kirere ,ifoto yafatiwe muri Kacyiru hejuru ya Amasangano y’imihanda hazwi nka KBC ubwo Kigali Convention Center na Kigali Heights zari zitaratekerezwa no kuhubwaka.inyubako yarizwi cyane hahabarizwaga ni Iposita y’urwanda , irerekana ,iyahoze ari Hoteli Top Tower icyubakwa ,ahahoze iposita ndetse na KBC ya kera. yerekana kandi Ministeri y’Ingabo ndetse n’ibindi bigo bya Gisirikari biyikikije ndetse na icyicaro cya Rwanda Revenue Authority ndetse n’inyubako yari icyubakwa ya Ministeri y’ububanyi n’amahanga ari nayo Ministeri y’ubucuruzi ikoreramo Aha ni mumujyi rwagati. inyubako nibwo ahahoze Gare y’umujyi harimo gusinzwa ngo hubwakwe Kigali City Tower Aha hazwi nko kwa Rubangura ,inzu y’ikimenyabose aha yari imaze iminsi mike ivuguruwe ,ikaba imwe mu nzu zarangaga ubwiza bw’umujyi wa Kigali cyane ko yari yegeranye na Gare y’umujyi yaje gusenzwa hakubakwa KiGALI City TowerAha ni i Nyarutama munsi ya MTN Center hafi ya Green Hills Academy.Imwe mu mafoto yerekana umujyi wa Kigali , Saint Famille ndetse n’isangano rikuru rya KigaliAha ni mu Rugando muri Kimihurura, izi nyubako zubakwaga ni Hotel Lemigo ndetse n’inyubako y’urukiko rukuru ari naho hari Ministeri y’ubutaberaAha ni Kimihurura kuri MINISITERI Y’UBUTABERA ndetse n’urukiko rw’Ikirenga ,yerekana kandi igice cyitari cyubatswe ubu habarizwa Kigali Convention Center ndetse na Kigali Heights.Aha ni kuri Centre Culture Franco Rwandais itarasenwa ,ubu nta gikorwa kindi kirahakorerwaIfoto igaragaza Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal ndetse n’agace kabituriye muri KacyiruIshusho nyayo y’umujyi wa Kigali, ubwo imirimo yo kubaka isoko ry’umujyi (NYARUGENGE MARKET ndetse n’inyubako yo Kwa Makuza nibwo yari itangiwe kubakwaIbiro Bikuru bya Polisi y’Ighugu ku Kacyiru Nyamirambo